Yatsinze ibitego 6 - Byinshi ku mibare ya rutahizamu Rayon Sports yasinyishije
Icyo yicuza, ijambo Alain Muku yapfuye atamubwiye, ntiyigeze arota gukinira Rayon na APR FC – Sindi Paul Jesus
Nanze kujya mfatwa nk’uwarongowe nikundira Micky ’ AG Promoter ku byo gusesa ubukwe n’umudiasipora
Rayon Sports yamaze gutangaza ko yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri rutahizamu, Nizeyimana Moubarak wakiniraga Marines FC. Mu ijoro ryakeye ni bwo iyi kipe yambara...
Rutahizamu w’umunyarwanda usatira anyuze ku mpande usoje amasezerano muri Rayon Sports, Sindi Paul Jesus yavuze ko atigeze na rimwe akeka ko yazisanga akinira imwe mu makipe...
Myugariro w’Amavubi Salomon yabenze ikipe imwishyura arenga miliyoni 5 ku kwezi
Luvumbu wateye impungenge benshi mu ba-Rayon, yatoboye aravuga ku bivugwa ashobora kudakinira iyi kipe
Karera Hassan yabuze intama n’ibyuma! APR FC yanze kumwumva, Rayon imutera utwatsi
Umugore wa Meddy yavuze ku byo ashinjwa byo gukubita umugabo we
Amakipe 7 yimuwe kuri Stade Regional yabonye ibibuga azakiniraho anabimenyesha FERWAFA
Yavuye kuri ba myugariro ageze ku banyezamu! Lilly bivugwa ko yasenyeye Karera Hassan
Amarozi mu mupira arahari narayakoresheje, hari ibyo bampaye bintera ubwoba… – Lomami André wakiniye APR FC
Moses wa Moshions arimo utumura itabi yiyise indaya mpuzamahanga asembura ibitekerezo bya benshi
Myugariro wa Rayon Sports ngenderwaho agomba kubagwa
Njye nta shyari nagira kuba ntahamagarwa - Haruna Niyonzima
Nyuma y’igihe nta kazi, Bakame yaba yabonye ikipe nshya
Bugesera FC yirukanye umutoza
APR yagaruye babiri mu rugo, REG isinyisha bane (AMAFOTO)
Abantu bumvaga ko ibyanjye birangiye ntazongera gusohoka – Haruna Niyonzima
Serumogo Ali yahaye nyirantarengwa Kiyovu Sports, Rayon yaba iryamiye amajanja?
Kiyovu Sports yabonye umuyobozi mushya, Mvukiyehe Juvenal ashyirwa igorora
Isimbi TV