Siporo

Abakinnyi batemerewe gukina umunsi wa 13 wa shampiyona

Abakinnyi batemerewe gukina umunsi wa 13 wa shampiyona

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda irakomeza uyu munsi hakinwa umunsi wa 13, umukino witezwe ni uwo Kiyovu Sports ikinamo ba Police FC.

Kuri uyu wa Gatandatu hateganyijwe imikino 2 uwo Kiyovu Sports igomba kwakiramo Police FC akaba ari na wo w’umunsi ni mu gihe Marines yakira Gorilla FC.

Ejo Rayon Sports izasura Etincelles FC i Rubavu ni mu gihe ku wa Mbere, APR FC izakina na Rutsiro FC umukino ukabera i Rubavu.

Abakinnyi 3 ni bo batemerewe gukina umunsi wa 13, Haruna Niyonzima wa AS Kigali, Rutanga Eric wa Police FC na Peace Maker wa Rwamagana City.

Gahunda y’umunsi wa 13

Tariki ya 10 Ukuboza 2022

Kiyovu Sports vs Police FC
Marines FC vsGorilla FC

Tariki ya 11 Ukuboza

AS Kigali vs Espoir FC
Mukura vs Bugesera FC
Musanze FC vs Gasogi United
Etincelles FC vs Rayon Sports
Sunrise FC vs Rwamagana City

Ku wa Mbere tariki ya 12 Ukuboza 2022

Rutsiro FC vs APR FC

)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • Ntezirizaza
    Ku wa 10-12-2022

    Basubize shapion yu Rwanda kuri betting

IZASOMWE CYANE

To Top