Imyidagaduro

Ndimbati yatawe muri yombi

Ndimbati yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwemeje ko rwataye muri Uwohoreye Moustapha uzwi nka Ndimbati muri Cinema Nyarwanda ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana.

Ku munsi w’ejo nibwo ISIMBI yabagejejeho inkuru y’uko Ndimbati yasambanyije Kabahizi Fredaus wari utarageza imyaka y’ubukure.

Uyu mwana yaje kumutera inda ndetse amwizeza ubufasha bwo kurera abana byanatumye uyu mukobwa atitabaza ubuyobozi, gusa ngo ibyo yemeye ntabyo yakoze.

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry yemeje itabwa muri yombi ry’uyu mugabo.

Ati “RIB yafashe umugabo witwa Uwihoreye Jean Bosco uzwi nka Ndimbati w’imyaka 51 acyekwaho icyaha cyo gusambanya umwana.”

Uyu mugabo akaba afungiwe kuri sitasiyo ya Rwezamenyo mu gihe iperereza kuri iki cyaha akurikiranyweho rigikomeje.

Ndimbati yatawe muri yombi
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • Aimable
    Ku wa 10-03-2022

    Kumutanga Nibyo
    Kuko ibyo yeme sibyo yakoze kd ikigaraga nuko atamusabaga ibirenze

  • Kabebe
    Ku wa 10-03-2022

    Nimwebwe mwamutanze ubuse ziriyampanga asize muzazibeshaho namwe abanyamakuru muraviga ariko haraho mukanya cyane mujye mwirinda gutangaza ikintu cyagira ingaruka mbi kubantu.

IZASOMWE CYANE

To Top