Mbabazi Shaddia wamamaye nka Shaddyboo yahishuye ko ari mu rukundo rushya nyuma yo gutandukana na Manzi Jeannot.
Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yagize ati "kera kabaye nabonye umugabo."
Amakuru avuga ko Shaddyboo ari i Burayi mu Bufaransa ndetse ari n’aho uyu mukunzi we atuye akaba yaragiye kubonana na we, ni nyuma y’amezi make ashize bahuriye i Dubai.
Yatangaje ko ari mu rukundo nyuma y’uko mu Gushyingo 2023 ari bwo amakuru yagiye hanze avuga ko yatandukanye n’uwari umukunzi we Manzi Jeannot bari mu rukundo kuva muri 2022.
Shaddyboo asanzwe ari umubyeyi w’abana babiri b’abakobwa yabyaranye na Producer Meddy Saleh.
Shaddyboo yavuze ko ari mu rukundo rushya
Shaddyboo ari i Burayi aho yagiye kureba umukunzi we

Ibitekerezo
Mahumbezi
Ku wa 27-05-2024ariko shaddyboo numustar kwer ngewe reka mwibarize mugihe azaba amaze gusaza umwanawe akajya abona inkuru zanyina ukoyagiye yamamara ntapfunwe bizatera shaddyboo ?hanyumase namubaza impamvu yahisemo kwamamara mundangamirwa azamusubiza gute? gusangewe muzima busanzwe ndanamwikundira 2
Nkurunziza Lewis
Ku wa 26-05-2024Urakey nubwo bakwota Inday es iyo ubyumvise woe ubifata gut es ubyitwaram gt se ark ngew ndakwemer t
Nkurunziza Lewis
Ku wa 26-05-2024Urakey nubwo bakwota Inday es iyo ubyumvise woe ubifata gut es ubyitwaram gt se ark ngew ndakwemer t