Siporo

FERWAFA yashinje Rayon Sports kwisubiraho

FERWAFA yashinje Rayon Sports kwisubiraho

Nyuma y’uko Rayon Sports yikuye mu irushanwa ry’igikombe cy’Intwari cya 2020 gitangira uyu munsi igasimbuzwa Kiyovu Sports, FERWAFA yavuze ko Rayon Sports yisubiyeho ku bintu bari bumvikanye ahubwo igahita izana ubusabe bushya.

Nyuma y’uko Rayon Sports yeretse FERWAFA ko hari ibyo itishimiye ku mategeko agenga irushanwa ikanasaba ko yahindurwa, FERWAFA ikabitera utwatsi, iyi kipe yahise izerera mu irushanwa.

FERWAFA yahise iyisimbuza Kiyovu Sports. Nk’uko tubikesha urubuga rwa FERWAFA, bavuga ku kwikura mu irushanwa kwa Rayon Sports, tariki ya 7 Mutarama 2020 buri kipe izakina iri rushanwa yohererejwe kopi y’amabwiriza n’amategeko azarigenga, basabwa kugira icyo bayavugaho mbere y’uko yemezwa.

Tariki ya 8 Mutarama 2020, Rayon Sports yandikiye FERWAFA isaba ko muri iri rushanwa bakagize abanyamahanga 5 aho kuba 3, FERWAFA ngo yabasubije ibasobanurira impamvu abanyamahanga bagomba kuba 3, Rayon Sports tariki ya 9 Mutarama yaje gusubiza ivuga ko ibyemeye.

Tariki ya 15 Mutarama 2020 amategeko n’amabwiriza byarasinywe byongera byohererezwa amakipe, ngo nibwo Rayon Sports yongeye kwerekana impungenge ku bintu bari bamaze kumvikana, ngo ntacyo FERWAFA yigeze ibasubiza kuko byari byarenze igihe ntarengwa bari bahawe cyo kugira icyo bavuga kuri ayo mategeko aho byari tariki ya 10 Mutarama 2020.

Ngo baje gutungurwa n’uko tariki ya 23 Muatara, habura iminsi gusa ngo irushanwa ritangire, Rayon Sports yazamuye ikindi kibazo isaba ko yakwemererwa gukinisha abakinnyi bayo batarabona ibyangombwa kandi irushanwa ritabyemerera, nyuma yo kubisuzumana ubushishozi icyufuzo cya Rayon Sports ngo FERWAFA yaje kucyanga ari bwo tariki ya 24 Mutarama bakiraga ibaruwa ya Rayon Sports isezera mu irushanwa.

Nyuma yo gusezera ni bwo basabye Kiyovu Sports kwitabira irushanwa nayo ikabyemera ikaba iri butangire ikina Police FC saa 18:00’.

FERWAFA yatunguwe n'icyemezo cya Rayon Sports
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • Senior challenger
    Ku wa 26-01-2020

    Ariko kubera iki abantu bana reyon bagira amatiku? Ngo ferwafa iba ishaka ko APR yiharira ibikombe? Nonese uretse ubyubufana buri reyon niyo ifite abanyamahanga benshi kuburyo yakigira urwitwazo? Ese niba bashaka kubiharira APR kubera ik bayitumiye? Ahubwo mbona reyon ishaka kwigira ikitabashwa mu Rwanda ngo banye bayinginga kdi rwose muri iyi vision kwinginga ntabwo bigenzweho . Iki kdi niba abafana bazabura ntabwo abanyarwanda Bose dufana reyon abazaza Bose ariko bacye beza.

  • Bahati Jean Marie vianne
    Ku wa 26-01-2020

    Rayon sport nikipe nziza, inaryoshya ibirori, Ariko ikabije kugira agasuzuguro nubwibone bwinshi ko ariyo kamara mumarushanwa Yose,gukina igikombe cyo kwibuka intari zitangiye igihugu bitwaye iki!? hariya honyine niyo yapimira abakinnyi se!? amananiza ya Rayon araramviranye rwose, abayobozi bayo bikubite agashyi, burigihe ni rayon ihora munananiza mumarushanwa yose, birarambiranye rwose, buzarangira ibaye bwaburo bwinshi butagira umusururu

  • Musasire Geoffrey
    Ku wa 26-01-2020

    Njyewe ndashimira ubuyobozi bwa rayol uko bukora nka team mukomereze aho.

  • Musasire Geoffrey
    Ku wa 26-01-2020

    Njyewe ndashimira ubuyobozi bwa rayol uko bukora nka team mukomereze aho.

  • Tuyishime Jean claude
    Ku wa 26-01-2020

    Ryans port ibyoyakozendayishimape esubu iyazakuba APR barikuyikuramo? Banshimiye amakurumezamutugezaho

  • Tuyishime Jean claude
    Ku wa 26-01-2020

    Ryans port ibyoyakozendayishimape esubu iyazakuba APR barikuyikuramo? Banshimiye amakurumezamutugezaho

  • Tuyishime Jean claude
    Ku wa 26-01-2020

    Ryans port ibyoyakozendayishimape esubu iyazakuba APR barikuyikuramo? Banshimiye amakurumezamutugezaho

  • Tuyishime Jean claude
    Ku wa 26-01-2020

    Ryans port ibyoyakozendayishimape esubu iyazakuba APR barikuyikuramo? Banshimiye amakurumezamutugezaho

  • Tuyishime Jean claude
    Ku wa 26-01-2020

    Ryans port ibyoyakozendayishimape esubu iyazakuba APR barikuyikuramo? Banshimiye amakurumezamutugezaho

  • John
    Ku wa 25-01-2020

    FERWAFA buri gihe ihora ishaka icyatuma APR yiharira ibikombe . None se iyo bemera ikipe igakinisha abakinnyi bayo bose ndetse n’aba junior byari gutwara iki? ese kugeza ubu matches zose APRyakinnye mubona ko iyo yatsinze bongeraho iminota 3 gusa!! ariko iyo yanganyije bongeraho iminota 7 ikagera ku 10 nko kuri Gicumbi bakinnye 100 min!!

    Baretse gutonesha ikipe imwe n’izindi ko ziba zashoye amafaranga . Kiyovu, Mukura , ... zo ntizikeneye igikombe ??

  • barahiragirbert
    Ku wa 25-01-2020

    reayonsiport yanga agasuzuguro

  • Ivubi
    Ku wa 25-01-2020

    ..nyuma Rayon Sport isubiza ko ibyemeye...muduhe copy aho yabyemeye.

  • Eric
    Ku wa 25-01-2020

    Oya njye cyigikiye rayon ku mpamvu zikurikira :
    1 ) Ferwafa nubundi ijya kuvanga izana amategeko adashinga ubundi iki gikombe cyari kuba open abakinnyi bose bemerewe gucyina nta by abanyamahanga cy iki kuko turi muri mercamatto amakipe agomba kugerageza abakinnyi bayo , ikigaragaza kwivuguruza kwa ferwafa n ubunyamwuga bucye mubyo bakora nihehe mu marushanwa ya fifa cy andi hemerewe gusimbuzwa abakinyi 5 usibye mu ma tournoi ya gucuti nkaya nyine nonese iryo tegeko rya batanu bo kuki barishyizemo ubwo bitari kugerageza no gutegura abakinnyi ,

    2) nkunze ko rayon yanze agasuzuguro no gukangwa niba ari igikombe cyintwari se bisobanura ko mwakanga abantu bakakijyamo ku ngufu batishimiye ibyakozwemo , rayon yahozeho kuva na kera kandi itsinda inakunzwe muzarebe mbere y intambara uko umupira warukunzwe mukura na etincille zahuriraga regional stade ikuzura abantu bakajya no hasi mu kibuga kandi zavuye mu ntara , simvuze umukino wa kiyovu, rayon , panthere , umpakanya azarebe video za Regis kuri youtube , none umupira murawangije kubera igitugu , amanyanga n ibindi , rayon ndayikunze kubavyabivuyemo izo match muzazijyane ku mumena kuko na regional ntimwabona abayibamo , shame on you

  • Eric
    Ku wa 25-01-2020

    Oya njye cyigikiye rayon ku mpamvu zikurikira :
    1 ) Ferwafa nubundi ijya kuvanga izana amategeko adashinga ubundi iki gikombe cyari kuba open abakinnyi bose bemerewe gucyina nta by abanyamahanga cy iki kuko turi muri mercamatto amakipe agomba kugerageza abakinnyi bayo , ikigaragaza kwivuguruza kwa ferwafa n ubunyamwuga bucye mubyo bakora nihehe mu marushanwa ya fifa cy andi hemerewe gusimbuzwa abakinyi 5 usibye mu ma tournoi ya gucuti nkaya nyine nonese iryo tegeko rya batanu bo kuki barishyizemo ubwo bitari kugerageza no gutegura abakinnyi ,

    2) nkunze ko rayon yanze agasuzuguro no gukangwa niba ari igikombe cyintwari se bisobanura ko mwakanga abantu bakakijyamo ku ngufu batishimiye ibyakozwemo , rayon yahozeho kuva na kera kandi itsinda inakunzwe muzarebe mbere y intambara uko umupira warukunzwe mukura na etincille zahuriraga regional stade ikuzura abantu bakajya no hasi mu kibuga kandi zavuye mu ntara , simvuze umukino wa kiyovu, rayon , panthere , umpakanya azarebe video za Regis kuri youtube , none umupira murawangije kubera igitugu , amanyanga n ibindi , rayon ndayikunze kubavyabivuyemo izo match muzazijyane ku mumena kuko na regional ntimwabona abayibamo , shame on you

  • Mwenedata janvier parfait
    Ku wa 25-01-2020

    Rey nifeke KBS nibazayemerere kugaruka mwurushwanwa kbs

  • Mwenedata janvier parfait
    Ku wa 25-01-2020

    Rey nifeke KBS nibazayemerere kugaruka mwurushwanwa kbs

  • Karara Schadrack
    Ku wa 25-01-2020

    Rayon ibyo yakoze ndabishima cyane kuki iri rushanwa ryintwari abakinnyi Bose bagomba kwisangamo bakarekura nabo mucyiciro cya 2 bagakina!!!!

  • Karara Schadrack
    Ku wa 25-01-2020

    Rayon ibyo yakoze ndabishima cyane kuki iri rushanwa ryintwari abakinnyi Bose bagomba kwisangamo bakarekura nabo mucyiciro cya 2 bagakina!!!!

  • Fiston
    Ku wa 25-01-2020

    Gatindi gacanga nimuyihorere ubonye yavuye no muri champion

  • Ndayisaba
    Ku wa 25-01-2020

    Hello jyewe nkunda Rayon nubwo ntari umufana umwe wirirwasakuza,jyewe nkurikije icyo kiriya gikombe gisobanuye kubanyarwanda,numva rayon itarikwiye kwikura mw’irushanwa nubwo impamvu iyo ariyo yose,kubwo agaciro kacyo.
    Murakoze

  • N.Leon
    Ku wa 25-01-2020

    Ucyemezo kigayitse cyane Rayon kirababaje rwose yagaragaje gushakira indonke mugikombe cyubutwari none nakwisabira FERWAFA kutazongera kwemerera Gasenyi kwitabira nindibshuro kuko ntabutwari yagaragarije Mukwivumbura

  • Damas
    Ku wa 25-01-2020

    Iri rushanwa ntirizitabirwa bihagije.Abafana bazaba ari mbarwa

  • Damas
    Ku wa 25-01-2020

    Iri rushanwa ntirizitabirwa bihagije.Abafana bazaba ari mbarwa

  • Damas
    Ku wa 25-01-2020

    Iri rushanwa ntirizitabirwa bihagije.Abafana bazaba ari mbarwa

  • Naphtal jr
    Ku wa 25-01-2020

    Ndumufana wareyo ariko reyo turayirambiwe kbs ubwose mukura irayirush iki ko igiy kwitabira

  • Naphtal jr
    Ku wa 25-01-2020

    Ndumufana wareyo ariko reyo turayirambiwe kbs ubwose mukura irayirush iki ko igiy kwitabira

  • Naphtal jr
    Ku wa 25-01-2020

    Ndumufana wareyo ariko reyo turayirambiwe kbs ubwose mukura irayirush iki ko igiy kwitabira

  • Naphtal jr
    Ku wa 25-01-2020

    Ndumufana wareyo ariko reyo turayirambiwe kbs ubwose mukura irayirush iki ko igiy kwitabira

  • Mzee
    Ku wa 25-01-2020

    Gasenyi yahutswe ntimubizise inzara iraca ibintu abimbwa ntibifuza ko bucya yatinye kongera guhura na APR f c ikayandagaza ubwose abobakinnyi bayo bavunitse na champion yayisezeramo? Uko Niko kwihesha agacirose ? Arikose ibyubutwari barabizi mureke into bigwari byo kwa wa mugabo wigisunzu nawe eari ikigwari

  • Mzee
    Ku wa 25-01-2020

    Gasenyi yahutswe ntimubizise inzara iraca ibintu abimbwa ntibifuza ko bucya yatinye kongera guhura na APR f c ikayandagaza ubwose abobakinnyi bayo bavunitse na champion yayisezeramo? Uko Niko kwihesha agacirose ? Arikose ibyubutwari barabizi mureke into bigwari byo kwa wa mugabo wigisunzu nawe eari ikigwari

  • Mzee
    Ku wa 25-01-2020

    Gasenyi yahutswe ntimubizise inzara iraca ibintu abimbwa ntibifuza ko bucya yatinye kongera guhura na APR f c ikayandagaza ubwose abobakinnyi bayo bavunitse na champion yayisezeramo? Uko Niko kwihesha agacirose ? Arikose ibyubutwari barabizi mureke into bigwari byo kwa wa mugabo wigisunzu nawe eari ikigwari

  • T Jean Bosco
    Ku wa 25-01-2020

    Mbere yo gushyiraho amategeko agenga irushanwa runaka, Federation yakagombye kwicarana n’abanyamuryango bakabitegurana bakahava basinye Bose ku myanzuro

  • T Jean Bosco
    Ku wa 25-01-2020

    Mbere yo gushyiraho amategeko agenga irushanwa runaka, Federation yakagombye kwicarana n’abanyamuryango bakabitegurana bakahava basinye Bose ku myanzuro

  • T Jean Bosco
    Ku wa 25-01-2020

    Mbere yo gushyiraho amategeko agenga irushanwa runaka, Federation yakagombye kwicarana n’abanyamuryango bakabitegurana bakahava basinye Bose ku myanzuro

  • -xxxx-
    Ku wa 25-01-2020

    Gasenyi muyireke abayobozi bayo barasaze

  • -xxxx-
    Ku wa 25-01-2020

    Gasenyi muyireke abayobozi bayo barasaze

  • -xxxx-
    Ku wa 25-01-2020

    Gasenyi muyireke abayobozi bayo barasaze

  • -xxxx-
    Ku wa 25-01-2020

    Gasenyi muyireke abayobozi bayo barasaze

IZASOMWE CYANE

To Top