Imyidagaduro
Inkuru itangaje y’urukundo rw’abanyamakuru ubu baryohewe n’urugo(VIDEO)
Yanditswe na
Ku wa || 2652
Aime Ndayisenga wamenyekanye kuri TV10 na Rose Nishimwe wakoreye Royal TV aho basoe basomaga amakuru, ni abanyamakuru bahisemo kubana, ubu bavuga ko baryohewe n’urugo rwabo.
Mu kiganiro na ISIMBI, bavuze ko inkuru y’urukundo rwabo itangaje, uburyo bahuye bahujwe n’ubukwe w’inshuti ya bo.
N’ubwo bari abanyamakuru bose bwari ubwa mbere bahuye, nta n’umwe wari warigeze ahura n’undi.
Reba ikiganiro na ISIMBI TV
)
Ibitekerezo
Denyse uwamurera
Ku wa 9-07-2023Ndagisha inama
nakundanye numusore dukundanirakuri terefone namuzi atanzi ambwirako iwaboko arimuburundi musabakuzamurugo none arikumbwira kumupaka kunyuraho ngobamusaba amafaranga nonengo nimufashe Nonenkoriki ?
gamariel irambona
Ku wa 7-11-2022isimbi TV tubarinyuma mukomeze kutugezaho byishi kuko biratwigisha cyane.