Imyidagaduro
VIDEO: Abantu 3 b’ingenzi Sunny ashimira muri 2019, yanahishuye ikintu gikomeye yifuza
Yanditswe na
Ku wa || 1828
Umuhanzikazi nyarwanda, Sunny wamenyekanye cyane mu ndirimbo Kungola yakoranye na Bruce Melody, yahishuye ko icyifuzo gikomeye kuri ubu ari ukubyara umwana wa 2.
Uyu muhanzi wibera muri Kenya ariho akorera ibikorwa by’ubucuruzi, ari naho abana n’umugabo we, mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, yavuze ko ubu yifuza cyane kubyara undi mwana kuko yumva igihe kigeze.
Mu bantu ashimira cyane bamufashije muri uyu mwaka wa 2019, harimo umugabo we n’umwana we ndetse n’uwitwa The Cat(amazina yihimbye ku mbuga nkoranyambaga) ngo nawe ari mu bantu batumye amenyekana.
Sunny ngo yifuza kubyara umwana wa 2
Reba hano ikiganiro kirambuye yagiranye n’Isimbi aho yanahishuye ko nta musore wamwemera
)
Ibitekerezo