Imyidagaduro

Ngo Irene Uwoya yari atwite umuyaga

Ngo Irene Uwoya yari atwite umuyaga

Umukinnyi wa filime ukomeye mu gihugu cya Tanzania, Irene Uwoya yifatiwe ku gahanga n’abantu benshi aho inda byavugwaga ko yari atwite yahawe izina k’umuyaga, ni nyuma yo kugaragaza andi amfoto agaragaza ko adatwite kandi atarigeze abyara.

Mu byumweruru bibiri bishyize, Irene Uwoya yashyize ifoto kuri Instagram ye igaragaza ko atwite.

Yongeye gutuma abantu bavuga cyane nyuma y’indi foto aheruka gushyira kuri Instagram igaragaza ko adattwite, ibi byatumye yibasirwa na benshi bamubaza niba yari atwite umuyaga.

Umwe yavuze kuri iyi foto agira ati"ya nda twabonaga utwite irihe? iri mu mugongo cyangwa iri mu matako?"

Undi yagize ati"benshi twari tuzi ko utwite none ni inda yari yabaye nini? cyangwa wayikuyemo?"

Undi ati"hari ibintu mutazi, abasitari bacu, sinzi ngo inda zabo zijya he? Uwoya mu minsi ishize inda ye yari yatangiye kugaragara, ariko uyu munsi ntiwamenye aho yagiye."

Irene Uwoya wamenyekanye nka Oprah, akaba yaranabanye na Ndikumana Hamadi Katauti, mu mpera z’Ukwakira 2019 yakoze ubukwe nyuma y’uko Katauti yitabye Imana n’ubwo bari baratandukanye.

Uwoya yagaragaza ko atwite
Iyi foto igaragaraza ko nta nda afite yateje urujijo ku mbuga abantu baramwibasira
aherutse gukora ubukwe
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

IZASOMWE CYANE

To Top