Iyobokamana

Umuhanzi Marshall agiye gukora ubukwe n’umukobwa wa Liliane Kabaganza (AMAFOTO)

Umuhanzi Marshall agiye gukora ubukwe n’umukobwa wa Liliane Kabaganza (AMAFOTO)

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana wo ku Nkombo Marshall Secumi Etienne uzwi nka Marshall Mushaki, agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Joyce.

Marshall Mushaki n’umukunzi we Joyce bakaba bashyize hanze integuza y’ubukwe bwabo bagaragaje ko buzaba tariki ya 1 Kanama 2026.

Joyce ugiye gukora ubukwe na Marshall ni umukobwa w’umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Zaninka Liliane Kabaganza.

Marshall Mushaki akaba aheruka gusohora indirimbo ’Nzategereza’ yasohotse mu mezi ane ashize, akaba yarakunzwe mu ndirimbo ’Ndi ku mavi’ na ’Suku.’

Joyce na Mushaki bagiye gukora ubukwe
Ubukwe buzaba mu kwezi kwa munani
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

  • Tujyinama bosco
    Ku wa 31-05-2026

    Urugoruhire muzabyare hungry nakobwa kandy Imana inane name mbifurije ubukwebwiza ndi mubugesera,mumurenge wa mareba akagali ka nyamigina

IZASOMWE CYANE

To Top