Imanzi yatunguranye mu iserukiramuco ry’ubusambanyi muri Trinidad&Tobago
Iserukiramuco ryo gusambana rigiye kongera kubera mu kirwa cya Trinidad&Tobago, mu bazaryitabira harimo umuhungu ukiri imanzi ufite amashyushyu yo kubikora bwa mbere.
Iri serukiramuco rizabera ku kirwa gito kitaramenyekana neza muri Trinidad and Tobago. Iserukiramuco Sex Island festival ryanenzwe mu buryo bukomeye ndetse The Mirror yanditse ko bamwe barifata nk’iriteye “ishozi”.
Mu byatunguranye, kuri iyi nshuro harimo umuhungu w’imyaka 16 y’amavuko witwa Brian. Yinjiye mu bemerewe kuzitabira iri serukiramuco nyuma yo gutsindira itike biciye mu kugura ibicuruzwa by’abategura ibi birori.
Brian, asanzwe abana n’ababyeyi be mu Mujyi wa New York gusa iwabo bakomoka muri Chile. Yabwiye Mail Online ko yagusa telefone akoresheje ‘credit card’ y’umubyeyi we ahita atsindira itike, ngo byaramutunguye cyane.
Yashimangiye ko yiyumvamo ibyishimo by’ikirenga kuba ari umwe mu bagabo bemerewe kuzitabira ibi birori biranga n’ubwiganze bwo gukora imibonano mpuzabitsina n’abakobwa batandukanye.
Ubu, yiteguye gufata indege imujyana i Piarco International Aiport muri Trinidad and Tobago aho azava agahita ajyanwa ku kirwa[kitazwi kugeza ubu] ahazabera ibi birori.
Uyu muhungu avuga ko yumva afite amashyushyu y’ukuntu bizagenda ndetse ngo yiteguye gutakaza ubumanzi bwe. Ati “Ntabwo ngisinzira neza, mpora ntekereza uko bizaba bimeze.”
Yongeraho ati “Ndashaka gukora imibonano mpuzabitsina ku nshuro ya mbere. Gutakaza ubumanzi bwanjye ni ingenzi kuri njyewe muri iki gihe mu buzima bwanjye.”
Ibi birori bizamara iminsi ine bibera mu bwato bugezweho. Abagabo bazabyitabira buri wese yishyuye itike y’amadolari ibihumbi bitanu[asaga miliyoni enye n’igice mu mafaranga y’u Rwanda] ubundi akemererwa abakobwa beza babiri bo muri Amerika y’Epfo.
Muri iri serukiramuco, ubusambanyi n’ibiyobyabwenge biba ari itegeko kandi bikorerwa ku karubanda nta wishisha undi.
Kuri iyi nshuro, ngo umugabo uzitwara neza mu mikino ya Golf na Tennis azahita yemererwa kwishimishanya n’abakobwa 60 mu gihe cy’iminota 30.

Ibitekerezo
nigena. abert
Ku wa 11-12-2018hhhjhjh. biy