Nakundanye n’umukobwa dupanga kubana none abanyamasengesho bambwiye ko nimbana nawe nzahita...NKore iki?
Mbanje kubashimira ku buryo mudahwema kutugira inama akaba ari yo mpamvu nanditse ngira ngo mungire inama ku kibazo mfite.}}
Nakundanye n’umukobwa, ubu hashize amezi 6 dutangiye gukundana byo gukundana ariko mbere yaho twari dusanzwe tuziranye bisanzwe kuko twarabyirukanye. Ariko nyuma umuryango wabo uza kwimuka ujya kuba kure y’uwiwacu.
Twaganiriye byinshi kugeza ubwo dupanze ko tuzabana mu mpera z’umwaka wa 2020, biba ngombwa ko mujyana mu rugo kumwereka ababyeyi. Twapanze umunsi agomba kuziraho araza ababyeyi n’abavandimwe baramwishimira ndetse bemera no kuzadushyigikira .
Ikibazo rero ni uku giteye; nyuma yaho mu rugo haje kuza abantu b’abanyamasengesho bambwira ko Imana yabantumyeho.
Bambwira ko babona hari umukobwa ndi gukundana nawe ariko ko nkwiye kumureka kuko atari we Imana yangeneye, bambwira ko nihitiyemo kandi Imana ari yo yari kuzampitiramo.
Bambwiye ko nindamuka mbanye nawe nzahita mpfa ,hanyuma we agasigara akishakira undi mugabo.
None bavandimwe mwokabyara mwe ndabinginze mungire inama kuko ndamukunda kandi nawe arankunda kumureka numva bitanshobokera inama zanyu zamfasha.
)
Ibitekerezo
Bechou
Ku wa 16-05-2020Mbese. Igite’erezo. Nuva. Nuvako. Atakwemera gupfa. Azira Umukobwa. Kuko. Imana. Yaravuze. Nagihinduka. Igikurikira. Nturupfu. Cyagwa. Gupfa. Wifuza
Bechou
Ku wa 16-05-2020Mbese. Igite’erezo. Nuva. Nuvako. Atakwemera gupfa. Azira Umukobwa. Kuko. Imana. Yaravuze. Nagihinduka. Igikurikira. Nturupfu. Cyagwa. Gupfa. Wifuza
Bechou
Ku wa 16-05-2020Mbese. Igite’erezo. Nuva. Nuvako. Atakwemera gupfa. Azira Umukobwa. Kuko. Imana. Yaravuze. Nagihinduka. Igikurikira. Nturupfu. Cyagwa. Gupfa. Wifuza
Nshimiyimana Revocatus
Ku wa 13-05-2020Abobanyamasenyeshose ituma yikwibwirira ko ariwowe bireba , ark mwagiye mushyira munyurabwenge , usaba icyufite ufite ubwenge hitamo igikwiye utitaye kumabwire naho nibutinya gupfa upfa kubagusa uhumeka urupfurwo ntaho waruhungira cyereka Wenda abandi hatari kuruyumubumbe wisi
Nshimiyimana Revocatus
Ku wa 13-05-2020Abobanyamasenyeshose ituma yikwibwirira ko ariwowe bireba , ark mwagiye mushyira munyurabwenge , usaba icyufite ufite ubwenge hitamo igikwiye utitaye kumabwire naho nibutinya gupfa upfa kubagusa uhumeka urupfurwo ntaho waruhungira cyereka Wenda abandi hatari kuruyumubumbe wisi
Nshimiyimana Revocatus
Ku wa 13-05-2020Abobanyamasenyeshose ituma yikwibwirira ko ariwowe bireba , ark mwagiye mushyira munyurabwenge , usaba icyufite ufite ubwenge hitamo igikwiye utitaye kumabwire naho nibutinya gupfa upfa kubagusa uhumeka urupfurwo ntaho waruhungira cyereka Wenda abandi hatari kuruyumubumbe wisi
Nshimiyimana Revocatus
Ku wa 13-05-2020Abobanyamasenyeshose ituma yikwibwirira ko ariwowe bireba , ark mwagiye mushyira munyurabwenge , usaba icyufite ufite ubwenge hitamo igikwiye utitaye kumabwire naho nibutinya gupfa upfa kubagusa uhumeka urupfurwo ntaho waruhungira cyereka Wenda abandi hatari kuruyumubumbe wisi
Nshimiyimana Revocatus
Ku wa 13-05-2020Abobanyamasenyeshose ituma yikwibwirira ko ariwowe bireba , ark mwagiye mushyira munyurabwenge , usaba icyufite ufite ubwenge hitamo igikwiye utitaye kumabwire naho nibutinya gupfa upfa kubagusa uhumeka urupfurwo ntaho waruhungira cyereka Wenda abandi hatari kuruyumubumbe wisi
Alain
Ku wa 12-05-2020Uzazenge Imana nawe ibikwibwirire,nitabikubwira muzakomeze urukundo rwanyu.
Kayitesi
Ku wa 12-05-2020Icyo nakumbwira ni ugusenga Imana ikabikwimbwirira, kdi burya kuvugana nayo ni ukumvira umutimanama wawe kdi jya wibuka ko hanze aha hari abakombwa benshi bakeneye abagabo wasanga wa mugani hari uwoherejwe nabo wita abanyamasengesho ngo baze kwivanga mu byanyu so shishoza kdi wifatire icyemezo
Kayitesi
Ku wa 12-05-2020Icyo nakumbwira ni ugusenga Imana ikabikwimbwirira, kdi burya kuvugana nayo ni ukumvira umutimanama wawe kdi jya wibuka ko hanze aha hari abakombwa benshi bakeneye abagabo wasanga wa mugani hari uwoherejwe nabo wita abanyamasengesho ngo baze kwivanga mu byanyu so shishoza kdi wifatire icyemezo
Freaky
Ku wa 10-05-2020Nywa amazi birashira jama,ubundi se upfuye waba iki?😂😂😂😂
Frank
Ku wa 10-05-2020Iryo dini uzarivemo mujye mu rindi abe ariho mukorera ubukwe.wasanga hari indi nkumi yari yarishyize mu myanya ko ariyo ugomba kurongora yabona bishobotse ikaguteza abo wita abanyamasengesho.Umwenda ukingirije ahera watabutsemo kabiri kugirango buri wese yigerereyo(kwa Data) kuki abantu bashaka kuba intermediaire hagati yawe n’Imana; Imana ntikeneye abantu baba nk’ikiraro hagati yawe nayo;ukomeze uyisenge ubudatuza kandi izi byose wibwira n’ibyo ugambirira nibona ari ngombwa izakubwira icyo ugomba gukora abe aricyo ukurikiza.
Tickuva
Ku wa 10-05-2020muvandimwe bigutera ubwoba ngo uzahita upfa kuko nubundi ntawutazapfa ikidi kandi Imana nufata umwanya ukayisega izakoresha uburyo butuma umenya ukuri no mu nzozi yagira icyo ikwereka ,naho aba bahauzi biyiminsi ibyabo ubigiyemo waba igishushungwa !urubyiruko tugomba kumva ko urugo rwubakwa nurukudo hagati yabubatse ibindi ni inyogera ubona ugukuda nyakuri tukazuyaze wumva abiyita abajyanama bamukwagisha N.B: MUKUNDANA BYUKURI
Provy
Ku wa 10-05-2020Muvandimwe mwiza,ndatekerezako nawe uri
umunyamasengesho pe gusa nawe fata ibihe usenge usabe Imana amakuru,Imana yacu ntabwo ivuga rimwe pe.ntuwicire inzira Uwiteka azakuyobora, Murakoze
Dudu
Ku wa 10-05-2020Senga Imana bikubeshya
Dede
Ku wa 10-05-2020Nshuti Imana ntawe itavugisha iyo uyisenze niba usenga uzafate igihe ubisengere kdi Imana izaguha umurongo abahanuzi bibinyoma basigaye baba hano hanze ntawabizera
Dede
Ku wa 10-05-2020Nshuti Imana ntawe itavugisha iyo uyisenze niba usenga uzafate igihe ubisengere kdi Imana izaguha umurongo abahanuzi bibinyoma basigaye baba hano hanze ntawabizera