Kurangiza ku mugabo ari byo bizwi nko gusohora ni igikorwa kiba mu gihe umugabo ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore cyangwa umukobwa.
Bikunzwe kugarukwaho ko hari abagabo benshi bagira ikibazo cyo gusohora vuba mu gihe cyo gutera akabariro ndetse ugasanga abagore benshi batabyishimira kuko bituma umugore atagera ku ndunduro y’ibyishimo bye bitewe n’uko umugabo aba arangije mu gihe kitagenwe.
Ubundi ubusanzwe umugabo muzima bizwi ko asohora mu gihe cy’iminota iri hagati y’7 na 15, iyo rero usohoye mbere cyangwa nyuma uba ufite ikibazo kihariye.
Akenshi ubu burwayi bwo gusohora vuba buterwa n’uruhurirane rw’indwara zo mu mutwe cyangwa se bigaturuka ku bagabo bamwe na bamwe bakunze kujya bikinisha cyane ari naho hava kwangirika k’ubwonko.
Ese mu gihe umenye ko ufite ubu burwayi ni iki wakora?
Hari imiti irwanya ubwoba uburakari no kwiheba (anxiolytic & anti-depressant medications)ushobora kujya uyifata uko biteganywa na muganga yakugirira umumaro.
Ushobora no kujya ukora imyitozo ngorora mubiri yoroheje mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina.
mu gihe ugiye gukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi wawe irinde kurakaranya na we.
Gerageza wihagarareho kandi wumve ko ushoboye mbere yo gukora imibonano
Reba neza ko ahantu ugiye gukorera imibonano hari umutuzo uhagije ku buryo nta kintu kikurogoya.
Ni byiza ko mu gihe usanze ufite iki kibazo wakurikiza izi nama tukugiriye haruguru za gufasha ukaba wabasha kuryoherwa n’imibonano mpuzabitsina.
)
Ibitekerezo
Sosten
Ku wa 15-11-2023MBARIZWA MURI ZAMBIA LUSAKA AHO BITA SOWETO: NANJYE NAGIRAGA IBYO BIBAZO BYO KURANGIZA VUBA, MBIMBARANA HAFI 5 YEARS, SO, HARI UMUGANGA WAJE INO SOWETO AZANYE IMITI AKANASUZUMA AKAGUFASHA BITEWE NUKO ASANZE BIMEZE, RWOSE UMUTI YAMPAYE WARAMFASHIJE NANUBU PE!! KDI AKORERA AHO KIGALI: MUZAMUBAZE NBR YE NI 0788354951
Sosten
Ku wa 15-11-2023MBARIZWA MURI ZAMBIA LUSAKA AHO BITA SOWETO: NANJYE NAGIRAGA IBYO BIBAZO BYO KURANGIZA VUBA, MBIMBARANA HAFI 5 YEARS, SO, HARI UMUGANGA WAJE INO SOWETO AZANYE IMITI AKANASUZUMA AKAGUFASHA BITEWE NUKO ASANZE BIMEZE, RWOSE UMUTI YAMPAYE WARAMFASHIJE NANUBU PE!! KDI AKORERA AHO KIGALI: MUZAMUBAZE NBR YE NI 0788354951
Deogratias bukuru
Ku wa 15-01-2022Cyakora nibyo iyowanyoyinzoganaho kuberikumuntu atinda kurangiza nikihe kintu kibituma
Deogratias bukuru
Ku wa 15-01-2022Cyakora nibyo iyowanyoyinzoganaho kuberikumuntu atinda kurangiza nikihe kintu kibituma
Deogratias bukuru
Ku wa 15-01-2022Cyakora nibyo iyowanyoyinzoganaho kuberikumuntu atinda kurangiza nikihe kintu kibituma
Alhambra
Ku wa 9-05-2020Round ya mbere Isa niyihuta ariko izindi zigatinda cyane nanone zikarenza iyo minota, ugasanga umugore ananiwe cyane kdi umugabo atarangije. Urenza iyo minota kuri round ya kabiri we mwamufasha iki?
Round ya mbere yo biri common ko hari gihe ni minota itatu idashira?
Alhambra
Ku wa 9-05-2020Round ya mbere Isa niyihuta ariko izindi zigatinda cyane nanone zikarenza iyo minota, ugasanga umugore ananiwe cyane kdi umugabo atarangije. Urenza iyo minota kuri round ya kabiri we mwamufasha iki?
Round ya mbere yo biri common ko hari gihe ni minota itatu idashira?
Alhambra
Ku wa 9-05-2020Round ya mbere Isa niyihuta ariko izindi zigatinda cyane nanone zikarenza iyo minota, ugasanga umugore ananiwe cyane kdi umugabo atarangije. Urenza iyo minota kuri round ya kabiri we mwamufasha iki?
Round ya mbere yo biri common ko hari gihe ni minota itatu idashira?
Alhambra
Ku wa 9-05-2020Round ya mbere Isa niyihuta ariko izindi zigatinda cyane nanone zikarenza iyo minota, ugasanga umugore ananiwe cyane kdi umugabo atarangije. Urenza iyo minota kuri round ya kabiri we mwamufasha iki?
Round ya mbere yo biri common ko hari gihe ni minota itatu idashira?
nyirinkwaya alphonse
Ku wa 7-05-2020murakoze kunjyirinama ndumwemubagabo bahuyenicyokiazo.