Amakosa 10 ukwiye kwirinda mu gihe uri mu buriri n’ umukunzi wawe
Uyu munsi tugiye kubagira inama ku makosa 10 ugomba kwirinda igihe uri mu buriri n’ uwo ukunda yaba umuhungu cyangwa umukobwa kugirango bitazangiza umubano wawe n’ uwo wihebeye.
Dore amakosa ugomba kwirinda igihe uri mu buriri n’ umukunzi wawe
1. Irinde ubwanwa bwashokonkoye
Ubwanwa ni kimwe mu bintu wakwirinda igihe bumaze iminsi igera nko kuri 3 butogoshwa bujomba uwo muri kumwe mu buriri bikaba byamutera ku ta kwisanzuraho neza.
2. Irinde kumubwira ibyabo mwatandukanye (Ex)
Igihe uri mu buriri n’ umukunzi wawe wirinde ku mubwira ibyabo mwatandukanye cyangwa ku mubwira ibyo ubibukaho kuko bizamubabaza cyane.
3. Irinde kuba wabyuka ukajya kwirebera Television
Igihe uri kumwe n’ umukunzi wawe muhe umwanya wose ushoboka kuko bizamushimisha cyane wigira utundi tuntu uhugiramo umupira, films, ibiganiro ukunda byose bihagarike umuhe agaciro.
4. Irinde kwibagirwa ku musoma
Igihe uri kumwe n’ umukunzi wawe mu buriri imibonano mpuzabitsina ntabwo ariyo yonyine mwahuriraho, ahubwo musome kuko biri mu bintu abakobwa bakunda cyane umukorakore biza mushimisha cyane kuko abakobwa barabikunda.
5. Irinde ku mukorakora nibigufu byinshi nkurimo guhinga
Mukorakore buhoro buhoro cyane cyane ku myanya ye yorohereye (imyanya yo ku gitsina) ntujyane ibigufu byinshi kuko ntabwo ari umurima urimo guhinga.
6. Irinde kurangiza mu minota 2
Umukobwa kugirango arangize bimara nibura iminota 20, koresha uko ushoboye kugirango nawe abashe kurangiza igihe murimo gukora imibonano mpuzabitsina, bizabafasha mwese kuryama mu meze neza.
7. Irinde amagambo atari meza cyangwa menshi utivamo
Niba uri mu buriri n’ umukunzi wawe irinde kuba wakoresha amagambo atari meza waba uya mubwira cyangwa se hari ikindi murimo kuvugaho, wivuga amagambo menshi udashiduka umuhamagaye Alice kandi yitwa Carine.
8. Irinde kuta mwikoza nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina
Ereka umukunzi wawe ko umwishimiye na nyuma yo kurangiza gukora imibonano mpuzabitsina, wirangiza ngo uhite umutera umugongo nk’ aho mutari muri kumwe bizatuma akwizera kandi abone ko umukunda.
9. Ntuzage mu buriri utisukuye cyangwa bwo busukuye
Niba ushaka ko umukunzi wawe agusoma, agukorakora nibyiza ko mbere yo kujya mu buriri ubanza ugakora isuku yo ku mubiri, ukitunganya neza ntujye mu buriri ugiye ku munukira.
10. Irinde gukora imibonano mpuzabitsina nk’ uwiba
Niba muri mu buriri n’ umukunzi wawe, wikora imibonano nk’ uwiba cyangwa ukurikiwe, banza umutegure neza ku gikorwa mu giye gukora bizatuma mwese mwishimira.

Ibitekerezo
NTAMAKEMWA
Ku wa 17-03-2024Uziko ntari mbizi we
NTAMAKEMWA
Ku wa 17-03-2024Uziko ntari mbizi we
NTAMAKEMWA
Ku wa 17-03-2024Uziko ntari mbizi we
NTAMAKEMWA
Ku wa 17-03-2024Uziko ntari mbizi we
Sikobizohor nkurunziza
Ku wa 18-12-2022Bibwigwa beshi bikunva benevy izompanur ningirakamar
Sikobizohor nkurunziza
Ku wa 18-12-2022Bibwigwa beshi bikunva benevy izompanur ningirakamar
Sikobizohor nkurunziza
Ku wa 18-12-2022Bibwigwa beshi bikunva benevy izompanur ningirakamar
Habineza
Ku wa 16-12-2022Ngewe ndashaka umukunzi
Iwacu ni Ngoma
Nyandikira kuri Whats App 250 787 095 718
Ndabumvirubusa egide
Ku wa 15-12-2022Murakoze cane kumpanuro zingirakamaro mudasiba kutwohereza. Nashaka mbabaze mbese wamenya ute ko umukobwa yagukunze vyimva mutima.
Ndabumvirubusa egide
Ku wa 15-12-2022Murakoze cane kumpanuro zingirakamaro mudasiba kutwohereza. Nashaka mbabaze mbese wamenya ute ko umukobwa yagukunze vyimva mutima.
NDAYIZEYE CHARLES
Ku wa 15-12-2022Izompanuro zari zikenewe gosi harimwo vyishi ntarinzi,ngiye guhindura mubuzima bwomurugo nacane cane mugitanda(muburiri)
NDAYIZEYE CHARLES
Ku wa 15-12-2022Izompanuro zari zikenewe gosi harimwo vyishi ntarinzi,ngiye guhindura mubuzima bwomurugo nacane cane mugitanda(muburiri)
NDAYIZEYE CHARLES
Ku wa 15-12-2022Izompanuro zari zikenewe gosi harimwo vyishi ntarinzi,ngiye guhindura mubuzima bwomurugo nacane cane mugitanda(muburiri)
Gatera
Ku wa 14-12-2022Murakoze kutugira inama
Gatera
Ku wa 14-12-2022Murakoze kutugira inama
Gatera
Ku wa 14-12-2022Murakoze kutugira inama
Cheira
Ku wa 22-09-2021Murakoze kutugira izo nama zi njyira kamaro thx
mutuyimana josianne
Ku wa 13-12-2019mugihe muri muburiri ugomba kumwereka ko muri kumwe