Bamwe mu bagabo usanga ingo zibananira bagahitamo kujya mu bubari bakabugira nk’icumbi bakemuriramo ibibazo byabo, bakanywa inzoga bakenera n’umugore bakagura indaya, yarangiza yashaka agataha mu rugo cyangwa akarara iyo.
Nubwo aba ayiguze yumva agamije kurangiza ikibazo ariko nta munezero yagira nk’uwo yakura ku mugore we yishakiye akunze, mugabo niba wumva ingeso yanze ntube ukibashije kwihangana, ugafata icyemezo cyo kugura indaya, uzabanze uzirikane ko:
Uba waguze igitsina
Ni ko biba bimeze ntuzibeshye ngo ubivange n’urukundo kuko indaya yagufatira ikakurya utwawe twose, kimwe n’uko ishatse yagarama ukarongoraaa yo yibereye kuri Watsapp. ikukabwira iti: “Gira vuba nigendere”
Indaya ni umucuruzi nawe uri umuguzi
Ugomba kumenya neza ibyo ugura ibyo ari byo n’uko wishyura hakiri kare ngo mutaza gutera amahane. Niba mwavuganye rimwe amafaranga angana uku, niko biri nta yindi mitereto. Ninakugaburira uzamenye ko ushobora kubyishyuzwa.
Ugomba kwitwaza udukingirizo
Mugabo niba ukunda ubuzima bwawe, itwaze udukingirizo duhagije kandi ufitiye icyizere ko ari tuzima. Waguze ahantu hizewe.
Si byiza na gato gusomana n’indaya
Ishobora kuba isoma ibitsina by’abagabo byinshi igashobora kuba yaba irwaye imitezi mu kanwa nka Herpes, Gonorrhea yo mu muhogo na Syphillis.
Ugomba kwirinda kunyaza indaya
Hari amazi yagutarukira ku gice icyo ari cyo cyose cy’umubiri, kuko amazi mvagitsina agira indwara nyinshi z’imitezi ushobora kwandura ku ruhu nka Gonorrhea, Clamydia n’izindi zandurira ku gukoranaho ku mubiri.
Indaya nyinshi ni amabandi
Nawe umva umuntu ugurisha umubiri. Ashobora kugusaka amafaranga mu mifuka cyangwa akaguteza andi mabandi akakwica burundu.
Kwita ku mutekano wawe
Kumenya niba wakwikura mu y’abagabo biramutse bikubayeho. Niba ukeka ko aho mugiye kubikorera nta mutekano uhari, ibyiza ni ukubireka.
Izaguteranya n’umugore wawe
Niba uryamanye niyo ndaya umugore akaguhamagara kuri telefone, ihita imwitaba ikamutuka, yewe niyo imuzi nyuma iramwihamagarira umusebya.
Mugabo nubwo urugo rwakunanira rute, uzicarane n’umugore wawe mucoce ikibazo mushake umuti, kujya mu ndaya ni ibyago bigeretse ku bindi uba wikururiye. Kuko ngo burya kwirinda biruta kwivuza! Ikiza ni uko wagumana n’umugore wawe.

Ibitekerezo
NIYIGIRIMBABAZI Emmanuel
Ku wa 8-04-2024Nukuri inama muduhaye ningirakamaro pee usanga Ingo nyinshyi murikigihe zisenya nabiriya gusa murakoze cyane kudekebura tuzabikurikiza bitume twiteza imbere
NIYIGIRIMBABAZI Emmanuel
Ku wa 8-04-2024Nukuri inama muduhaye ningirakamaro pee usanga Ingo nyinshyi murikigihe zisenya nabiriya gusa murakoze cyane kudekebura tuzabikurikiza bitume twiteza imbere
NIYIGIRIMBABAZI Emmanuel
Ku wa 8-04-2024Nukuri inama muduhaye ningirakamaro pee usanga Ingo nyinshyi murikigihe zisenya nabiriya gusa murakoze cyane kudekebura tuzabikurikiza bitume twiteza imbere
Nishimwe Franck
Ku wa 7-04-2024Ivyo vyovyo nivyo ugize ikibazo numugore ahakuru sukuja guhiga indaya mais nukwicara hamwe numugore mukagitorera inyishu
Innocent
Ku wa 7-04-2024Izinama ningenzi ndabakunda
Innocent
Ku wa 7-04-2024Izinama ningenzi ndabakunda
Innocent
Ku wa 7-04-2024Izinama ningenzi ndabakunda
Nitwa mussa nsengiyumva
Ku wa 7-04-2024Nukuri murakoze kuduha impanuro iyaba abagabo twese twokwitwararitse ibibintu muvuze ibihugu vyotey imbere!
Nitwa mussa nsengiyumva
Ku wa 7-04-2024Nukuri murakoze kuduha impanuro iyaba abagabo twese twokwitwararitse ibibintu muvuze ibihugu vyotey imbere!
H JM
Ku wa 6-04-2024Bonjour, vous pouvez également consulter son dossier une longue période.
H JM
Ku wa 6-04-2024Bonjour, vous pouvez également consulter son dossier une longue période.
Nzabahimana
Ku wa 6-04-2024Konayiguzerimwe nkaba mfite u woba
Theoneste
Ku wa 5-04-2024Turabashimiye cyane muri abarimu beza mukomeze mutugire izindi nama
-xxxx-
Ku wa 5-04-2024Uravuga ntuvura wari ugerageje guhanura kuko uri umugabo wihaye uburaya upfa ukenye naho woba uri umutunzi
-xxxx-
Ku wa 5-04-2024Uravuga ntuvura wari ugerageje guhanura kuko uri umugabo wihaye uburaya upfa ukenye naho woba uri umutunzi
-xxxx-
Ku wa 5-04-2024Uravuga ntuvura wari ugerageje guhanura kuko uri umugabo wihaye uburaya upfa ukenye naho woba uri umutunzi
nc bob
Ku wa 5-04-2024mwazatubwiye kungarukambi ni nziza zitabi murakoze
Kibeho
Ku wa 29-11-2019Indyimwe itera indwara
Kibeho
Ku wa 29-11-2019Buri wese nicyo akunda itabi korigira ingaruka rusange ko bataryamagana burundu? Nabandi babareke.
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye
HABIMANA
Ku wa 29-11-2019Cyore!!!!!!! Karabaye